Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

Dr. Fidele NDAHAYO

Umuyobozi Mukuru wa RAEB

Dr Fidele Ndahayo ni Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atome mu Rwanda (RAEB). Mbere yo kwinjira muri RAEB, yari afite uburambe bw’igihe kirekire mu by’amashuri makuru kuva mu 1998. Yabaye inshuro nyinshi Umuyobozi w’Ishami ry’Ubumenyi (Dean of Faculty of Science) muri Kaminuza y’u Rwanda (yahoze ari Kaminuza Nkuru y’u Rwanda). Yabaye kandi Perezida wa Komisiyo y’Igihugu ya UNESCO mu Rwanda kuva mu 2010 kugeza mu 2014.

Mu 2018, yinjiye mu Itsinda ry’Abatekinisiye ryashinzwe gusuzuma ubushobozi bw’u Rwanda bwo gutangira imishinga y’ingufu za nikleyeri. Mu 2020, yakoraga nk’inzobere mu by’ingufu za nikleyeri muri Minisiteri y’Ibikorwa Remezo.

Afite impamyabumenyi y’ikirenga (PhD) mu Bumenyi bw’Ikirere (Physics) n’Imibare, yibanze ku bya nikleyeri n’ibice bigize atome (particle physics).

Abayobozi b’Amashami

Abayobozi b’Amashami

[Translate to Kinyarwanda:] Ms. Daphy Mukakigeri, Head of Corporate Services Department

Ms. Daphy Mukakigeri

Umuyobozi w’Ishami rishinzwe Serivisi z’Ikigo
[Translate to Kinyarwanda:] Dr. Joram Ndayishimiye, Head of Nuclear Technologies and Research Development Department

Dr. Joram NDAYISHIMIYE

Umuyobozi w’Ishami ry’Ikoranabuhanga rya Nikleyeri n’Iterambere ry’Ubushakashatsi
[Translate to Kinyarwanda:] Ms. Agnes Mutoni, Head of Nuclear safety and Security Department

Ms. Agnes Mutoni

Head of Nuclear safety and Security Department